Bana banjye uyu ni Yesu Kristo uvuga, ngiye kugaruka vuba.Ukuza
kwanjye kuri hafi ndi ku rugi ndaje mugomba kwitegura.
Iki gitabo cyanditswe mu minsi murongo ine yo kwiyiriza
k’umukobwa wanjye SUZANA yabikoze arijye
mbimusabye,naramuzanye ahantu hiherereye kugirango apfe muri
kamere hasigare jyewe Yesu Kristo. Icyo gihe namuhaye
amagambo menshi, nashakaga ko agera ku bana banjye hanze.
Noneho yanditse amagambo yanjye uko namuyoboye.Izi nyandiko
zose zifite ubutumwa mugomba gusoma no kwitaho kuko ukuza
kwanjye kugeze hafi.
Uyu ni YESU n’umucunguzi wanyu. Inyandiko zose za Bibiliya ziri
muri iyi nyandiko ziva muri King James Version Bible. Aya
magambo yavuzwe n’IMANA-DATA, hamwe n’umwana we YESU
KRISTO kuri SUZANA igihe cy’iminsi mirongwine yiyiriza hagati
y’ukwezi kwa mbere italiki 27/1/2012-6/3/2012
